Abasenateri batangiye ingendo zigamije kureba iterambere ry'ubworozi mu Karere
Kuri uyu wa 20Mutarama2026 Umuyobozi w'Akarere Mbonyumuvunyi Radjab yakiriye itsinda ry'abasenateri rigizwe na Hon.Umuhire Adrie hamwe na Hon.…
Abakorera mu gakiriro ka Rwamagana barishimira ko amashanyarazi yabafashije kongera ingano n'ubwiza bw'ibyo bakora
Mugiraneza Samuel watangiye akorera abandi kuri ubu usigaye yaraguze imashini zifite agaciro ka miliyoni 9 Frw zifasha mu guha imbaho ubwiza kandi…
Mu Karere hatangijwe Urugerero rw'Inkomezabigwi13
Kuri uyu wa 13/01/2026 Umuyobozi w'Akarere Bwana Mbonyumuvunyi Radjab ari kumwe n'abandi bayobozi bifatanyije n'abaturage b'Umurenge wa Karenge…
Abaturage b'Umurenge wa Kigabiro barishimira Umuhanda wa kaburimbo Saint Aloys - Nyagasenyi
Abaturage b'Umurenge wa Kigabiro barishimira Umuhanda wa kaburimbo Saint Aloys - Nyagasenyi wa Km 1.82 umaze gukorwa mu Mujyi wa Rwamagana ,wiyongera…
Abahinzi b’umuceri mu gishanga cya Cyaruhogo barishimira ko umusaruro wiyongereye babikesha amazi agera mu mirima yose y’igishanga
Igishanga cya Cyaruhogo cyuhirwa kuri hegitari 74 nyuma yo gutunganya inzira z’amazi ku buryo ubu amazi agera ku mirima y'abahinzi 606 n'abagera kuri…
Ababyeyi barasabwa gukomeza kugira uruhare mu burezi bw'abana babo
Kuri uyu wa 06Mutarama 2026 mu Mirenge yose y'Akarere hateranye inteko z'abaturage. Umuyobozi w'Akarere Bwana Mbonyumuvunyi Radjab ari kumwe n'abandi…
Abaturage barishimira kwegerezwa umuyoboro w'amazi wa Byimana Motorised WSS
Umuyoboro w'amazi wa Byimana Motorised WSS ureshya na Km 80.7, wakozwe ku bufatanye na Water For People mu Mushinga Isoko y'Ubuzima, ukaba ugeza amazi…
Abaturage bakanguriwe kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka babungabunga umutekano
Kuri uyu wa 30Ukuboza 2025 mu Mirenge yose y'Akarere hateranye inteko z'abaturage. Umuyobozi w'Akarere n'abandi bayobozi b'inzego z'umutekano…
Abagore bakanguriwe gukoresha ikoranabuhanga muri serivise z'imari
Kuri uyu wa 24Ukuboza 2025 ku bufatanye na Banki Nkuru y'u Rwanda, mu Karere hatangijwe ubukangurambaga bwa GendanaKonti bugamije gushishikariza…
Nzige: Hatashywe urugo mbonezamikurire y'abana bato (ECD) rwubatswe ku bufatanye n'Itorero EPR
Kuri uyu wa 19Ukuboza 2025 mu Mudugudu wa Kayibanda ho mu Kagari ka Rugarama,Nzige hatashywe ku mugaragaro Urugo mbonezamikurire y'abana bato(ECD)…