Munyaga: Abasenateri, abayobozi b’Akarere n’abahagarariye inzego z’umutekano bifatanyije n’abaturage ba Munyaga mu muganda rusange

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 31/03/2018, mu mirenge yose igize Akarere ka Rwamagana, abaturage n’abayobozi bazindukiye mu gikorwa cy’umuganda…

Read more →

Rubona: Turikumana Isaie wakoze Radiyo yiga mu mashuri abanza, yahawe miliyoni y’amafaranga azamurihira mu mashuri yisumbuye

Ni igikorwa cyakozwe ku bufatanye bw’Akarere ka Rwamagana n’ikigo gishinzwe ikoranabuhanga rihambaye muri Banki ya Kigali n’ibigo byayo byose (BK Tech…

Read more →

Rwamagana: Hatangijwe ku mugaragaro amarondo y’umwuga mu mirenge yari isigaye

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 27 Werurwe 2018, Mu mirenge ya Munyaga, Rubona, Gahengeri na Fumbwe yo mu karere ka Rwamagana hatangijwe ku mugaragaro…

Read more →

Gahengeri: Hatashywe ku mugaragaro inyubako z’ikigo kizajya gitanga amahugurwa n’ubufasha ku buhinzi

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 27/03/2018, mu kagari ka Kibare ho mu murenge wa Gahengeri habereye ibirori byo gutaha ku mugaragaro inyubako z’ikigo…

Read more →

Gishali: Ku bufatanye na Radiyo izuba hakozwe ikiganiro kigamije kwimakaza imiyoborere myiza.

Guhera isaha ya saa munani (14h00’) z’igicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 20/03/2018, mu busitani bw’ikigorabuzima cya Ruhunda habereye…
Read more →

Meya Mbonyumuvunyi yifatanyije n’abaturage bo mu mirenge ya Gishali na Kigabiro mu nteko rusange

Nk’uko bimaze kuba umuco, ku gicamunsi cyo kuwa kabiri haba inteko rusange zihuza abaturage n’ubuyobozi mu rwego rwo kumenyesha abaturage gahunda za…
Read more →

Meya Mbonyumuvunyi Radjab yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyibanze ku buzima

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 20/03/2018, umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana, Bwana Mbonyumuvunyi Radjab yagiranye ikiganiro…
Read more →

Itsinda ry’abasenateri bagize komisiyo y’iterambere ry’ubukungu n’imari basuye akarere ka Rwamagana mu rwego rwo kureba aho ikwirakwizwa ry’amazi meza rigeze n’inzitizi zirimo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 15/03/2018, mu karere ka Rwamagana twasuwe n’abasenateri batatu aribo: Hon. Senateri Sebuhoro Celestin ari…

Read more →

Abakozi b’urwego rw’umutekano rwa Dasso bakoze umuganda wo kubaka inzu y’umuturage utishoboye wacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 13/03/2018, abakozi b’urwego rw’umutekano rwa Dasso bakorera ku biro by’Akarere ka Rwamagana ndetse…

Read more →