Abayobozi b’ihuriro ry’amashuli makuru na kaminuza bikorera mu karere ka Rwamagana basuye abanyeshuli ba G.S Sovu

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 20/02/2019, Ku bufatanye na Polisi y’igihugu, Abayobozi b’ihuriro ry’amashuli makuru na kaminuza bikorera mu karere ka…

Read more →

Habaye Rwamagana Challenge Marathon yitabirwa birenze mu myaka yatambutse

Kuri iki cyumweru tariki ya 17/02/2019, Mu karere ka Rwamagana habereye cy'amasiganwa ku maguru azwi ku izina rya " RwamaganaChallengeMarathon". Kuri…

Read more →

Aba Guverineri b’intara na ba Meya b’ubuturere n'umujyi wa Kigali basuye icyumba ntangamakuru cy’Akarere ka Rwamagana

Kuri iki cyumweru tariki ya 17/02/2019, Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’uturere n’umujyi wa Kigali (RALGA), ba Guverineri b’intara na Meya w’umujyi wa…

Read more →

Abasenateri bagize komisiyo ya politiki n’imiyoborere baje kureba imikorere y’inama njyanama

Kuri uyu wa kane tariki ya 14/02/2019, itsinda ry’Abasenateri bagize komisiyo ya politiki n’imiyoborere mu nteko ishinga amategeko umutwe wa sena,…
Read more →

Hakozwe inama itegura amasiganwa ku maguru " Rwamagana Challenge Marathon 2019 "

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 13/02/2019, Mu cyumba cy'inama cyo mu kigo cy'Urubyiruko cya Yego Center Rwamagana, habereye inama igamije kurushaho…
Read more →

Itsinda riturutse ku rwego rw’igihugu ryashimye imbaraga zashyizwe mu gucyemura ibibazo bibangamiye umudendezo w’abaturage

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12/02/2019, Mu karere ka Rwamagana twakiriye itsinda ryihariye riturutse ku rwego rw’igihugu (National task force) ryari…

Read more →

Hatashwe gare nshya ijyanye n’igihe tugezemo kandi irimo n'ikoranabuhanga rya murandasi (internet)

Kuri uyu wa mbere tariki ya 11/02/2019, Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’ibikorwa remezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, Eng Jean de Dieu…
Read more →

Meya Mbonyumuvunyi Radjab yakiriye indahiro z’abakozi b’Akarere bashya 9

Nk’uko biteganywa n’ingingo ya 10 y’itegeko no 86/2013 ryo kuwa 11/09/2013 rishyiraho sitati rusange igenga abakozi ba leta, Mbere y’uko umukozi wa…

Read more →

Abanyamuryango ba PAM bahagarariye abandi ku rwego rw'Akarere n'imirenge bahuguwe ku mikorere n’intego by’uyu muryango

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 08/02/2019, Hon. Depite Izabiriza Marie Mediatrice yahuguye abanyamuryango ba Pan-African Mouvement (PAM- Rwanda)…
Read more →